imikino
Sugira Ernest yatangajeko atewe ubwoba bwinshi n’ibintu abanyekongo bakomeje kumukorera (amafoto)

Sugira Ernest kuri ubu uri ku karere ka Huye aho yaje mu myitozo ari kumwe n’abakinnyi bagenzi be bo mu ikipe ya As Vita Club yo muri RDC yahishuye ko aterwa ubwoba n’uburyo yataweho bikomeye n’abafana ndetse n’ikipe akinamo.

Sugira abafana ba Vita Club bamufata nk’umuntu uzakora ibitangaza
Mu kiganiro yagiranye na Radio 10 ubwo yari yabasanze aho bitoreza hariya I Huye, Sugira yagize ati : “Singiye kwiyemera, gusa ariko iyo ndebye uburyo banyakiye n’uburyo bamfata bigaragara ko banyitezeho ibitangaza bidasanzwe. Ibi rero bintera ubwoba kuko binyeraka ko ndamutse ntitwaye neza byaba nabi (ntago nemerewe ku batenguha). Iyo ndebye uburyo bafana bamfana nk’umuntu bitezeho ibintu byinshi kandi nkabona uburyo banyitaho banyeraka ko bankunze bintera ubwoba kuko nibaza biramutse bitagenze uko babyifuza uko byangenkera. Rimwe na rimwe iyo ndi njyenyine ndasenga kugirango Imana izamfashe bizagende neza cyane.â€
-
Ubuzima21 hours ago
Menya impamvu itangaje ituma zimwe muri hoteli zishyira ibinini mu mafunguro y’abantu.
-
Imyidagaduro14 hours ago
Dore umukobwa mwiza watwaye umutima w’umunyarwenya Arthur Nkusi (AMAFOTO)
-
Imyidagaduro12 hours ago
The Ben na Miss Pamella bashyize hanze itariki y’ubukwe bwabo.
-
Imyidagaduro6 hours ago
Abanyamakuru ba Radio/TV10 bakije umuriro kuri KNC nyuma yo gushinja umwe muri bo kutarongora kandi akuze.
-
Imyidagaduro19 hours ago
Umunyamakuru Tidjara, uherutse gusezera kuri RBA, yaturitse ararira mu kiganiro| umukobwa we yamutomagije karahava (VIDEO)
-
Imyidagaduro17 hours ago
Umunyamakuru wa RBA uherutse kwambikwa impeta yahishuye uburyo yarijijwe na fiancé we|Avuga no ku bukwe bwe (VIDEO)
-
imikino11 hours ago
Umukunzi wa Yannick, yashyize ahagaragara video bari gusomana amushimira ibyo yamukoreye
-
Imyidagaduro16 hours ago
Bwa mbere umunyarwenya Arthur Nkusi avuze ko afite umukunzi anavuga izina rye