in ,

Stromae ufite isano mu Rwanda ari mu bibazo

Umuhanzi Stromae ufite isano mu Rwanda, yahagaritse ibitaramo kubera ibibazo by’uburwayi butamwemerera gukora ibitaramo.

Mu kababaro ati “Iyi nkuru nyibabwiranye akababaro gakomeye, ariko ngomba kuzirikana ibyo ntashoboye”.

Mu butumwa bwo ku mbuga nkoranyambaga ku wa kabiri, yanditse ati: “Nasanze uko ubuzima bwanjye bumeze ubu butanyemerera kuza ngahura namwe mwese muri iki gihe.

“Nkikijwe n’umuryango wanjye, ngomba gufata igihe cyo gukira kugira ngo nsubukure, igihe nzabishoborera, igice gisigaye cy’ibitaramo”.

Yavuze ko yizeye guha abafana be “amakuru meza kurushaho mu gihe cya vuba cyane”.

Ati: “Mfite amashyushyu yo kongera kubabona kugira ngo nsoze iyi gahunda [y’ibitaramo], nkikijwe n’amatsinda dukorana kandi yamperekeje muri iyi myaka yose”.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Byari ku zuba ry’i saa sita: Imyaka ibaye itatu Dj Miller yitabye Imana (Ese ni iki wowe umwibukiraho)

Kigali ntabwo bakigira isoni: Umusore n’inkumi bagaragaye barimo gukora imibonano mpuzabitsina mu ruhame izuba riva(videwo)