Imyidagaduro
ShaddyBoo yaba ari mu rukundo rw’ibanga n’umuhanzi ukomeye hano mu Rwanda

Mu minsi ishize Shaddy Boo ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru Isimbi yagarutse ku bintu bitandukanye yifuza ku musore bakundana, gusa ariko bishoboke ko kuri ubu uyu musore yaba yaramaze ku mubona, uwo akaba ari ntawundi ari umuhanzi nyaRwanda Shaffy.
Mu minsi ishize ShaddyBoo akaba yarahaye umwanya abafana be kuri instagram ngo bamabaze ikibazo bashaka nuko umwe muri aramubaza ati “Mbwira abantu batanu ukunda kurusha abandi” maze mu kumusubiza Shaddy arigira ati :”Shaddy, Salha, Sahia, Ines ndetse na Shaffy” byumvikana ko kuri ubu umusore Shaddy akunda kurusha abandi ari Shaffy.
Shaddy kandi akaba akunze kugenda ashyira comment z’imitima ku mafoto atandukanye ya Shaffy.

Comments
0 comments
-
Mu Rwanda23 hours ago
Tidjara yahishuye uko abigenza iyo abonye inkumi zije gusura umuhungu we mu rugo.
-
Ikoranabuhanga21 hours ago
Birababaje:Umwana w’imyaka 12 yapfuye aheze umwuka ubwo yakoraga《Blackout Challenge 》yo kuri Tik Tok.
-
Imyidagaduro19 hours ago
Bamenya yashimishije abantu bikomeye ubwo bamutunguraga ku isabukuru ye y’amavuko (AMAFOTO)
-
Imyidagaduro16 hours ago
Wa mukobwa wo mu ndirimbo ikinyafu biramurenze|Noneho agiye kwiga.
-
urukundo24 hours ago
Amakosa ukwiye kugendera kure niba ushaka ko umukunzi wawe mutangiye gukundana mugumana.
-
Utuntu n'utundi21 hours ago
Uyu mugabo ni we wa mbere ku isi waciye agahigo ko kumara igihe kirekire yafunze umwuka adahumeka.
-
Izindi nkuru6 hours ago
Umugabo yahuye n’uruva gusenya ubwo yafatwaga ku ngufu n’abagore babiri barwaye SIDA bamufatiyeho imbunda.
-
Imyidagaduro14 hours ago
Uko angana ni ko arya! Reka tugutembereze ku meza y’ibiba byateguwe iyo The Rock agiye kurya-AMAFOTO