in

Urukundo rukomeje kuganza kwa Shaddyboo na Manzi wamutwaye umutima, noneho arabihamije

Manzi Jean umukunzi wa Mbabazi Chadia Shaddyboo yamuteye imitoma amubwira ko igihe cyose bakiri mu buzima, urukundo rwe ruzajya rumubona.

Ni mu butumwa uyu musore yashyize kuri Instagram ye maze agira ati “Niba icyatsi gishobora gukurira muri sima, urukundo rushobora kukubona igihe cyose mu buzima bwawe”.

Ni ubutumwa bwaherejejwe n’amafoto n’amashusho yabo bombi baryohewe n’ubuzima.

Shaddyboo nawe yahise ajya aho batangira ibitekerezo ashyiramo udutima dusanzwe dukoreshwa n’abari mu nyanja y’urukundo.

Jnot_manzi7 wateye imitoma umukunzi we Shaddyboo, aherutse kumwereka umuryango we ndetse na Shaddyboo awereka abana be babiri yabyaranye na Meddysaleh

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo guhurira ku rubyiniro bakarwana, kera kabaye bagiye kunga imbaraga

Gusezererwa mu gikombe cy’isi byarambabaje kuruta gupfusha umuvandimwe, Umukinnyi wa Brasil yarahogoye