in

Sandrine Isheja yatangaje ibanga akoresha kugira ngo agire imiterere y’umubiri myiza kandi agira inama uwufuza kugira imiterere myiza(videwo)

Umunyamakuru wa radio Kiss FM Sandrine Isheja Butera ukundwa n’abatari bacye kubera inama agira abantu zibafasha mu buzima bwabo bwa buri munsi ikindi kandi agakundirwa ubwiza bwe ndetse n’imiterere myiza y’umubiri we.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yagiriye inama abashaka kwita ku mubiri yabo kugira ngo bagire ubuzima bwiza kandi bagire imiterere y’umubiri bifuza.

Yatanze urugero rw’ibanga akoresha kugira ngo agire ubuzima bwiza kandi umubiri we utere neza, ni videwo yasangije abamukuricyira kuri Instagram aho ibanga akoresha ari kujya muri jimu agakora siporo.

Yagiriye inama abashaka kugira ubuzima bwiza agira ati “Uyu munsi wafata icyemezo nawe ugatangira. Buhoro buhoro nirwo rugendo”.

https://www.instagram.com/reel/Cjkx4CHA3GI/?igshid=YmMyMTA2M2Y=

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Byakomeye: Adil Mohammed Erradi yaje gukoresha imyitozo baramwangira

Imbwa yari yasaze iriye abantu barega 10