in

Imbwa yari yasaze iriye abantu barega 10

Mu karere ka Kayonza mu murenge wa Gahini abaturage baratabariza ubuyobozi kubakiza ikibazo cy’imbwa zibugarije zibamariye amatungo ndetse ntizitinya no kurya abantu.

Kuri ubu abarenga 14 biganjemo abantu bakuze ndetse n’abana boho mu karere ka Kayonza mu Murenge wa Gahini bajyanywe mu bitaro nyuma yo kuribwa n’imbwa bivugwa ko yari yasaze.

Iyimbwa yagendaga irya buri wese wahuraga nayo, abaturage bahise bayica ngo idakomeza kurya abandi maze ihita ipfa gusa yari imaze kurya abo bantu 14.

Ibu aba bariwe n’iyo mbwe bari gukurikiranwa n’abaganga gusa inkuru nziza nu uko nta n’umwe umerewe nabi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Sandrine Isheja yatangaje ibanga akoresha kugira ngo agire imiterere y’umubiri myiza kandi agira inama uwufuza kugira imiterere myiza(videwo)

Nubwo yabigize ibanga rikomeye cyane Shema Pattyno uyu munsi yagize isabukuru nziza y’amavuko.