in

Byakomeye: Adil Mohammed Erradi yaje gukoresha imyitozo baramwangira

APR FC isoje imyitozo i Shyorongi muri iki gitondo, itegura umukino wa Police FC ku wa mbere.

Imyitozo yayobowe n’abatoza bungirije Adil Erradi wahagaritswe kuri uyu wa Gatanu mu gihe kingana n’ukwezi.

Adil yaje bamwangira gukoresha imyitozo nyuma yo guhabwa ibihano bikakaye byo guhagarikwa ukwezi kose.

Umutoza yahagritswe ukwezi, gushobora kuvamo gutandukana burundu nk’uko Apr Fc iri kubitegura.

Erradi yari yasinye amasezerano y’imyaka 2 mashya mu kwa 7 ku mwaka wa 2022.

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Jimmy Gatete yavuze ibyo yaganiriye na Perezida

Sandrine Isheja yatangaje ibanga akoresha kugira ngo agire imiterere y’umubiri myiza kandi agira inama uwufuza kugira imiterere myiza(videwo)