in

Sam Karenzi kuri RBA! Umunyamakuru w’imikino Sam Karenzi yagize icyo avuga ku kuba umunyamakuru wa RBA mu kiganiro Urubuga rw’imikino

Umunyamakuru ukunzwe mu mikino, Sam Karenzi wo kuri Fine FM yamaganiye kure abibaza ko ashobora kuba umunyamakuru wa RBA mu kiganiro Urubuga rw’imikino.

Ibi yabihakanye ubwo umwe mu bakoresha X yahoze ari Twitter yibazaga uko byaba bimeze Sam Karenzi ahawe akazi kuri RBA.

Uyu wiyita Umusore wibana uzwi kuri X, yagize ati  “Wabyakira gute SAM KARENZI ahawe akazi ko kuba umunyamakuru w’imikino kuri RBA(urubuga rw’imikino)?”

Adatinze, Sam Karenzi yahise aza ahakanira uyu musore agira ati ” Ntabwo yakemera.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu wa Rayon Sports yatunguye abakinnyi bagenzi be nyuma yo kubabwira umubare w’ibitego bagomba gutsinda Al Hilal Benghazi bakayiha isomo rikomeye

Hasabwe ko gukuramo inda byigishwa mu nteko z’abaturage