in

Rutahizamu wa Rayon Sports yatunguye abakinnyi bagenzi be nyuma yo kubabwira umubare w’ibitego bagomba gutsinda Al Hilal Benghazi bakayiha isomo rikomeye

Rutahizamu wa Rayon Sports yatunguye abakinnyi bagenzi be nyuma yo kubabwira umubare w’ibitego bagomba gutsinda Al Hilal Benghazi bakayiha isomo rikomeye

Kuri uyu wa gatandatu tariki 30 Nzeri 2023, ikipe ya Rayon Sports irambikana n’ikipe ya Al Hilal Benghazi mu mukino wo kwishyura wa CAF Confederations Cup urabera hano mu Rwanda.

Ni umukino umaze iminsi urimo kuvugwa cyane hano mu Rwanda bijyanye nibyo Al Hilal Benghazi irimo gukoresha abanyamakuru ndetse nibyo abashinzwe kugurisha amatike y’imikino hano mu Rwanda bakoze nyuma yo kubona uburyo ikipe ya Rayon Sports ishyizeho bwo kugura aya matike.

Mu myitozo Rayon Sports imaze iminsi ikora rutahizamu w’iyi kipe ukomoka mu gihugu cya DRC, Hertier Luvumbu Nzinga yabwiye abakinnyi bagenzi be ko Al Hilal Benghazi bagomba kuyitsinda ibitego bitari munsi ya 2 kugirango bayihe isomo ndetse banerekeze mu Amatsinda bahagaze bwuma.

Ikipe ya Rayon Sports kugeza ubu amatike arimo kugera ku musozo nyuma yo kiyashyira agaragara. Biteganyijwe ko kuri uyu wa gatanu ashobora kurara yamaze gushira. Ku bataragura ni 5000 ahasanzwe, 10000 ahatwikiriye, 25000 muri VIP ndetse n’ibihumbi 50 muri VVIP.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abantu 20 bamaze guhitanwa n’imvura idasanzwe y’umuhindo

Sam Karenzi kuri RBA! Umunyamakuru w’imikino Sam Karenzi yagize icyo avuga ku kuba umunyamakuru wa RBA mu kiganiro Urubuga rw’imikino