in

“Safi yabonye inkonji zenda kuzamukuraho umusatsi akuramo ake karenge!” Humble Jizzo yiyiziye

Umuhanzi Humble Jizzo yashyize umucyo ku makuru yagiye avugwa mu myaka yashize, avuga ko Safi Madiba yavuye muri Urban Boyz kubera gukubitwa na Nizzo babanaga muri iri tsinda.

Mu kiganiro Urubuga rw’imikino Humble Jizzo yatumiwemo kuri Radio Rwanda kuri uyu wa Gatandatu, yavuze ko ari ibisanzwe kuba abantu bashyamirana, dore ko ahamya ko n’inshuti zikundana zishyamirana.

Gusa Humpe Jizzo yahamije ko Nizzo atigeze arwana na na Safi Madiba nk’uko bivugwa, ahubwo ngo ni kwakundi ushyamirana n’umuntu ukamurya inkonji.

Abashyushyarugamba bati:”Ubwo Safi yabonye inkonji zenda kuzamukuraho umusatsi akuramo ake karenge!”

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

RIP Robert! Amarira ni menshi ku mubyeyi w’umusore wari ahagararanye n’umukunzi we ku muhanda haza umuntu abamurika itoroshi nyuma umusore aza kwitaba Imana

Buri wese izamugeraho! Theo Bosebabireba agiye guha impano ikomeye abakunzi ba Rayon Sports aho bari hose mu gihugu