in

Sadate wari wasezeye ku mupira w’amaguru, yatanze izindi mpamvu 3 zikomeye cyane zatumye aguma muri ruhago benshi batari bazi

Uwahoze ari Perezida wa Rayon Sports Munyakazi Sadate yatangaje impamvu 3 zatumye yisubiraho ku cyemezo cyo gusezera mu mupira w’amaguru w’u Rwanda.

Uyu mugabo mu kiganiro yagiranye na Radio 1 uyu munsi yatangaje ko atari butume abanzi be bamwishimaho, uyu mugabo anavuga ko akunda Rayon Sports ariyo mpamvu atajya kure yayo ndetse ko hari abandi bakunzi b’umupira w’amaguru ndetse n’inshuti ze zamusabye kugaruka.

Sadate umaze kwigarurira abantu benshi bitewe nuko akunze gutangaza ibintu bishimishije cyane cyane bijyanye n’umupira w’amaguru.

Ibi Munyakazi Sadate yari yatangaje, yabivuze mu cyumweru gishize mbere y’umukino ikipe ya Rayon Sports yahuyemo n’ikipe ya Kiyovu Sport avuga ko Kiyovu Sport n’itsinda arasezeta burundu ku mupira w’amaguru gusa byose mu masaha 17 nyuma y’umukino yahise yisubiraho kuri iki cyemezo yari yafashe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu mafoto dutemberane sitade 8 ziteguye kwakira ibirori bya ruhago muri Quatar

Umunyamakuru Rigoga Ruth nyuma yo kugaragara ari kumwe n’umugabo muremure ku isi yavuze ubuzima bukakaye yanyuzemo