in

Rwanda: inzu nto zikomeje kubuza ababyeyi gutera akabariro abana babumva

Ababyeyi bo mu duce tumwe two mu ntara y’Amajyepfo bakomeje kugaragaza ko kugira inzu nto bituma batabona ubwisanzure bwo kubahiriza inshingano z’abashakanye,harimo gutera akabariro kuko abana babumviriza.

Nk’uko aba baturage bo mu turere tunyuranye tw’intara y’amajyepfo babitangarije TV1 ngo kuba mu nzu nto hari ubwo bibabuza ubwisanzure, cyane cyane hagati y’abashakanye batabasha kuzuza inshingano zabo batinya ko abana babumviriza.

Bagaragaza ko kurara mu nzu itisanzuye kandi bari kumwe n’abana bituma batinya ko abana babumviriza bityo iki gikorwa cy’abashakanye ntikigende neza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Zishobora koga ibirometero 10 zitararohama, menya ibidasanzwe ku nka zo ku kivu zikomeje gutangaza benshi(Amafoto)

Inzoga zarikoze:Umukobwa ukora umwuga w’uburaya aratabaza nyuma y’uko itsinda ryabasore rimusambanyije ijoro ryose atumva bagasiga batamwishyuye