in

Rutahizamu wahaye ibyishimo abanyarwanda yaburiwe irengero

Mu mupira w’amaguru, abakunze gutanga ibyishimo ni abakina basatira izamu dore ko aribo batsinda ibitego Kandi igitego nicyo gitanga ibyishimo ku bakunzi b’umupira.

Nyuma yo kunganya na Etincelles 1-1 mu mukino w’umunsi wa 5 wabaye ejo hashize ku wa Kane, umutoza wa Etincelles, Bizumuremyi Radjab yavuze ko atazi aho uyu rutahizamu Mutebi  aherereye.

Ati “Mutebi nta makuru ye mfite, maze hafi ukwezi ntazi iyo yagiye, nta makuru ye mfite rwose mbasubije mbabwiza ukuri ntabwo yigeze asezera.”

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: Dore uko umuhango wo gusezera kuri nyakwigendera umunyamideri Neema uherutse kwitaba Imana

Impinduka mu bakinnyi bahamagawe mu ikipe y’igihugu Amavubi(U23)