in

Rutahizamu ukomeye wa Apr Fc akomeje gufatwa neza nyuma yo kuyicungura

Rutahizamu ukomeye cyane wa Apr Fc wari wanzwe kubera umusaruro muke uatangaga muri iyi kipe akomeje gufatwa nk’umwami kurusha uko yafatwaga mbere yo gucungura iyi kipe.

Rutahizamu Mugunga Yves wiyita Cavani ari mu byishimo muri iyi kipe ya Apr Fc nyuma yo kuyitsindira igitego cyayihesheje intsinzi imbere ya US Monastir yo muri Tunisia.

Mugunga yafashije Apr Fc kwikura imbere ya Monastir yari yaje yakaniye bikomeye cyane, aho yayitsindiye igitego cy’umutwe mu mukino wabaye ku wa Gatandatu w’icyumweru dusoje.

Kuri ubu amakuru aturuka muri Apr Fc ni uko Mugunga Yves afashwe neza kurusha uko yari afashwe mbere yo gutsinda igitego US Monastir.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Warakoze kumbera umuvandimwe niyumvamo…igendere”Julius Chita yashenguwe n’urupfu rw’umuvandimwe we

Ikipe ya Imanishimwe Emmanuel Ntabwo yatangiye neza