in

“Warakoze kumbera umuvandimwe niyumvamo…igendere”Julius Chita yashenguwe n’urupfu rw’umuvandimwe we

Nyuma y’aho umuvandimwe w’umunyamakuru Julius Chita yitabye Imana kuri iki Cyumweru aguye mu bitaro bya King Faisal i Kigali, uyu munyamakuru yagaragaje agahinda yatewe n’uyu musore ugiye akiri muto.

Abinyujije kuri instagram, Julius Chita yavuze ko Patrick umuvandimwe we yamubereye inshuti ndetse numuvandimwe yiyumvamo gusa Imana ikaba yamwisubije.Yongeyeho ko asaba imana ngo izamutuze aheza kuko amukunda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Burya Bruce Melodie yari azi ko azafungirwa i Burundi

Rutahizamu ukomeye wa Apr Fc akomeje gufatwa neza nyuma yo kuyicungura