in

Rutahizamu mushya wa Rayon Sports yatangiye imyitozo ashagawe n’abafana batari bake (Amafato)

Rutahizamu mushya wa Rayon Sports ukomoka mu gihugu cya Kenya, Paul Were yatangiye imyitozo mu ikipe ya Rayon Sports.

Uyu rutahizamu wakiriwe mu buryo budasanzwe n’abafana ba Rayon Sports yatangiye imyitozo ku munsi w’ejo hashize nyuma yo gusinya. Muri iyo myitozo abafana ba Rayon Sports bari babukereye ku bwinshi.

Paul Were wageze mu Rwanda muri iki cyumweru, yahise asinyira Rayon Sports amasezerano y’umwaka umwe.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kugura itike ntabwo bigihagije ngo witabire igitaramo mu Rwanda (Videwo)

“Ibyo ntabwo bibareba” Miss Mutesi Jolly yongeye gutanga igisubizo gisekeje ku bantu bamubaza ku bukwe bwe