in

Kugura itike ntabwo bigihagije ngo witabire igitaramo mu Rwanda (Videwo)

Nyuma y’uko hagaragaye bamwe mu bakiri bato bajyaga mu bitaramo bakagurishwa ibisindishwa, polosi y’u Rwanda yamaze gufata ikemezo ko umuntu wese uzajya witabira igitaramo azajya abanza akerekana ikimuranga mbere yo kwinjira ahagiye kubera igitaramo nyirizina.

Ibi byatangajwe n’umuvugizi wa polosi y’u Rwanda CIP John Bosco Kabera aho yari yagiranye ikuganiro n’igitangazamakuru k’igihugu RBA, aho yashimangiye ko kugura itike bidahagije ngo winjire ahabereye igitaramo ahubwo ko ugomba no kwutwaza ikikuranga.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu Rwanda:nyuma yo kwirwa ikiremba yasambanyije umwana aranamwica

Rutahizamu mushya wa Rayon Sports yatangiye imyitozo ashagawe n’abafana batari bake (Amafato)