Nyuma y’uko hagaragaye bamwe mu bakiri bato bajyaga mu bitaramo bakagurishwa ibisindishwa, polosi y’u Rwanda yamaze gufata ikemezo ko umuntu wese uzajya witabira igitaramo azajya abanza akerekana ikimuranga mbere yo kwinjira ahagiye kubera igitaramo nyirizina.
Ibi byatangajwe n’umuvugizi wa polosi y’u Rwanda CIP John Bosco Kabera aho yari yagiranye ikuganiro n’igitangazamakuru k’igihugu RBA, aho yashimangiye ko kugura itike bidahagije ngo winjire ahabereye igitaramo ahubwo ko ugomba no kwutwaza ikikuranga.
When you login first time using a Social Login button, we collect your account public profile information shared by Social Login provider, based on your privacy settings. We also get your email address to automatically create an account for you in our website. Once your account is created, you'll be logged-in to this account.
DisagreeAgree
I allow to create an account
When you login first time using a Social Login button, we collect your account public profile information shared by Social Login provider, based on your privacy settings. We also get your email address to automatically create an account for you in our website. Once your account is created, you'll be logged-in to this account.