in

Rugaju yayikuyeho amaboka! Umusesenguzi w’umupira w’amaguru Reagan Rugaju yavuze ikibazo APR FC ifite gituma ititwara neza – VIDEWO

Umunyamakuru w’umusesenguzi mu mupira w’amaguru, Reagan Rugaju nyuma yokwitegereza imikoranire ya APR FC, yatangaje ko iyi kipe ntaho yagera igifite umutoza umeze nk’umupadiri.

Ibi yabivuze nyuma y’aho inganyije na Marine FC ibitego 2-2, kandi yari iri mu myiteguro y’umukino wo kwishyura wa Pyramids FC waje no kurangira APR FC itsinzwe ibitego 6-1.

Rugaju yavuze ko ikibazo APR FC ifite ni umutoza umeze nk’umupadiri utava aho ari ngo kuko ubundi umutoza nyawe ajyana n’abakinnyi.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yaratubeshye ngo arakomeye kandi ntakirimo! Umukinnyi waje akora ibitangaza akomeje kugarukwaho na benshi bamwegekaho intsinzwi y’ibitego 6-1 APR FC yatsinzwe

Umugabo witwa NKUNZIMANA Zepherin w’imyaka 47 yasubiye ku ishuri nyuma yo gukorerwa akarengane n’abacamanza