in

Robert Cyubahiro McKenna wa RBA yasabiye Madeleine w’imyaka 97 guhabwa agashimwe kubera urukundo yeretse Amavubi mu bibi no mu byiza

Robert Cyubahiro McKenna wa RBA yasabiye Madeleine w’imyaka 97 guhabwa agashimwe kubera urukundo yeretse Amavubi mu bibi no mu byiza.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa X, Robert yasabye ko abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi basura uyu mukecuru ubakunda kubi.

Imikino y’amavubi ntabwo uyu mukecuru ajya ayicikwa aho niyo yatsindwa ute ayigumaho.

McKenna asaba ko abasore b’Amavubi bamusura ndetse bakanamuha n’akantu kuko ari we mufana utarigeze ubajya kure mu gihe bari mu bibaza byo gutsindwa.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Niba wicaranye n’umusore akaba adafite ubwanwa mubwire ngo abujubujubujubujubuju” Umunyarwenya Fally Merci wamenyekanye muri Genz comedy yasohoye amatariki y’ubukwe bwe

Amavubi yahita asigarana inota rimwe: Umunya-Afurika y’Epfo yandikiye FIFA ayisaba guhita yambura Amavubi amanota 3 yabonye ku mukino na Afurika y’Epfo bagahita bayabihera [videwo]