in

RIP George: Ikipe y’igihugu ya Zimbabwe yakiriye inkuru y’urupfu rw’umunyezamu wayo waguye mu kibuga ubwo yari mu myitozo habura iminota 40 ngo iyi kipe ikine n’u Rwanda ‘Amavubi’

Umunyezamu George Chigova wakiniye ikipe y’igihugu ya Zimbabwe imikino 32 hagati ya 2011 na 2019, yitabye Imana aguye mu kibuga ubwo yari mu myitozo mu Ikipe ye ya Supersport yo muri Afurika y’Epfo.

Chigova yari afite imyaka 32. Akaba yitabye Imana habura iminota micye ngo bagenzi bakine n’ikipe y’igihugu Amavubi.

Bivugwa ko Chigova bamusanganye indwara y’umutima maze abanza gufata umwanya muto ari hanze y’umukino.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru y’akababaro: Uwahoze ari ambasaderi w’u Rwanda mu Buyapani yitabye Imana mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal

Ntibari baziko mugenzi waba yabavuyemo: Abasore ba Mozambique bageze kuri sitade bafite akanyamuneza ku maso [AMAFOTO]