in

Ntibari baziko mugenzi waba yabavuyemo: Abasore ba Mozambique bageze kuri sitade bafite akanyamuneza ku maso [AMAFOTO]

Ntibari baziko mugenzi waba yabavuyemo: Abasore ba Mozambique bageze kuri sitade bafite akanyamuneza ku maso.

Umunyezamu George Chigova wakiniye ikipe y’igihugu ya Zimbabwe imikino 32 hagati ya 2011 na 2019, yitabye Imana.

Bagenzi be bari kubarizwa mu Rwanda aho bagiye gukina n’Amavubi, bageze kuri sitade ya Huye bafite akanyamuneza.

[AMAFOTO]

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

RIP George: Ikipe y’igihugu ya Zimbabwe yakiriye inkuru y’urupfu rw’umunyezamu wayo waguye mu kibuga ubwo yari mu myitozo habura iminota 40 ngo iyi kipe ikine n’u Rwanda ‘Amavubi’

Haraca uwambaye! Dore abakinnyi bemejwe Amavubi agiye kwifashisha akina na Zimbabwe ndetse nabo Zimbabwe igiye kwifashisha