in

Rashford yahawe umutuku murumuna we arafungwa

Muri iri joro nibwo hamenyekanye amakuru y’uko murumuna akaba n’umu agent wa Marcus Rashford, yatawe muri yombi.

Dane Rashford yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cyo guhohotera undi.

Nk’uko bitangazwa na Telegraph ngo uyu musore yatawe muri yombi tariki ya 20/10/2023 i Miami ku mucanga muri Florida.

Akurikiranyweho icyaha cyo guhohotera undi.

Amakuru abaye impamo nyuma y’uko na Mukuru we Marcus Rashford ahawe ikarita itukura mu mukino wa Champions League.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

UCL: Manchester United yakaranzwe

“Namuhaye bwiswi ya 50 rfw” Nsabi mu gahinda kenshi yavuze ibyo umukobwa yamukoreye ubwo yari amuhaye agapapuro ganditseho amagambo g’urukundo kandi amaze no kurya bwiswi yamuhaye