in

Producer Element akigera muri 1:55Am yatangiye gukora indirimbo y’ibyamamare hano muri Africa – VIDEWO

Producer Element nyuma y’igihe gito yinjiye muri 1:55Am Entertainment yatangiye gukora indirimbo irimo ibyamamare nka Bruce Melodie na Harmonize.

Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru Producer Element yaraye akoze indirimbo ye ya mbere muri 1:55 Entertainment, dore ko mu mashusho yagiye hanze muri studio hagaragayemo,  Bruce Melodie, Harmonize Coach gaelk uhagararariye iyi stidio ndetse na Kenny Sol na Ariel Wayz.

VIDEWO:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Yari yigize nka kagoma mu kirere! Mu mafoto twinjirane mu mukino Cristiano yaraye akinnye

Youssef Rharb watakambiye Rayon Sports ayisaba kuyigarukamo yahawe igisubizo cyazamuye amarangamutima ya benshi

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO