in

Platin P ntakiri kubarizwa ku butaka bw’u Rwanda ukundi (AMAFOTO)

Platin P ntakiri kubarizwa ku butaka bw’u Rwanda ukundi.

Ku mugoroba wo ku wa 1 Nzeri 2023, Nemeye Platini ukunze kwiyita Baba nk’akabyiniriro mu muziki, yerekeje muri Canada aho afite ibitaramo bine agiye gukorera mu Mijyi itandukanye y’iki gihugu.

Ni ibitaramo uyu muhanzi azahera ahitwa Montreal ku wa 2 Nzeri 2023, akomereze mu Mujyi wa Quebec tariki 3 Nzeri 2023 mbere yo gukomereza mu Mujyi wa Edmonton ku wa 9 Nzeri 2023. Biteganyijwe ko azabisoreza mu mujyi wa Ottawa ku wa 16 Nzeri 2023.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ikomeye muri shyampiyona y’umupira w’amaguru mu Bwongereza ‘Premier League’ yaguze umukinnyi witwa Ndayishyimiye

Papa we na Mama we ni abanyarwanda gusa urebye mu mafoto ye ushobora kumwitiranya n’umuzungukazi: Angel Muhoza umugore wa Junior Giti yashimangiye ubwiza bwe yifashishije amafoto atagira uko asa[AMAFOTO]