in

Onana yikundishije ku bafana ba APR FC kubera ibimenyetso abagaragariza ko adakunda Rayon Sports

Rutahizamu ugenderwaho muri Rayon Sports Andree Onana akomeje kugenda arwaza abakunzi ba Rayon Sports umutwe nyuma y’uko ku mikino yoroshye agerageza gukina neza ndetse akanitwara neza ariko byagera ku makipe akomeye akabatenguha.

Mu mikino ikomeye akunze kuba yavunitse ndetse bamwe bakaba bakeka ko byaba ari ukwanga gukina n’amakipe makuru dore ko kuri uyu wa Kane yakinnye na AS Kigali ariko yarase ibitego 2 ari kumwe n’umuzamu wenyine.

Ibi bikomeje gutera inkeke abakunzi ba Rayon Sports dore ko no bifuza ko yagakwiye kubereka urwego rwiza haba mu makipe mato ndetse n’amanini.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore yashatse gutera akabariro byanze yica umugabo we bunyamaswa

Amakuru mashya; Adil yamaze kurega APR FC ashaka ko bamuha miliyoni 900