in

Amakuru mashya; Adil yamaze kurega APR FC ashaka ko bamuha miliyoni 900

Nyuma yo kuva mu Rwanda atagiye neza ndetse akavuga ko agiye kurega APR FC, yatangaje ko ubu yamaze kugeza ikirego muri FIFA ndetse akaba yaka asaga miliyoni 900 z’indishyi z’akababaro kubwo kwirukanwa binyuranyije n’itegeko.

Adil yamaze imikino 50 adatsindwa kuva yagera muri APR FC ndetse kuri ubu ahavuye nta gikombe na kimwe atatwaye gikinirwa hano mu Rwanda.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Onana yikundishije ku bafana ba APR FC kubera ibimenyetso abagaragariza ko adakunda Rayon Sports

Rayon Sport yongeye gushimangira ko yifatiye As Kigali