Nyuma yo kuva mu Rwanda atagiye neza ndetse akavuga ko agiye kurega APR FC, yatangaje ko ubu yamaze kugeza ikirego muri FIFA ndetse akaba yaka asaga miliyoni 900 z’indishyi z’akababaro kubwo kwirukanwa binyuranyije n’itegeko.
Adil yamaze imikino 50 adatsindwa kuva yagera muri APR FC ndetse kuri ubu ahavuye nta gikombe na kimwe atatwaye gikinirwa hano mu Rwanda.