in

Nyuma yo kwibandwaho kubera kugaragaza akenda k’imbere, noneho Alyne Sano yaberetse ko ntabirenze ahita abereka byose yambaye utwenda twimbere gusa

Nyuma yo kwibandwaho kubera kugaragaza akenda k’imbere, noneho Alyne Sano yaberetse ko ntabirenze ahita abereka byose yambaye utwenda twimbere gusa.

Alyne Sano yongeye gutitiza imbuga nkoranyambaga nyuma yo gushyira hanze amafoto  yambaye mu buryo bukururra abasore cyane.

Aya mafoto yashyize hanze ni amwe mu mafoto y’indirimbo ari gutegura, aya mafoto yakurikiwe n’ubutumwa yageneye abanzi be agira ati “barajyahe ko naje mugani wa Burabyo”.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda yahumurije abari gasabira ubutabera umubyinnyi Titi Brown

Bemeje ko ari imana yavutse! Umwana wavukanye intoki n’amano 26 bari kumwita imana yavutse bwa kabiri