in

Nyuma yo gutsindwa bamurusha KNC ari gutakambira Rayon Sports kugirango imutize umukinnyi ufite impano idasanzwe w’umunyamahanga

Nyuma yo gutsindwa bamurusha KNC ari gutakambira Rayon Sports kugirango imutize umukinnyi ufite impano idasanzwe w’umunyamahanga

Ikipe ya Rayon Sports irimo gushaka kugabanya abakinnyi kugirango abo ifite nibaba hari izindi mbaraga bakeneye mu mikino yo kwishyura ya shampiyona (retour) bazabone imyanya.

Amakuru dufite ni uko umukinnyi wa Rayon Sports ukina mu kibuga hagati Mbirizi Eric ashobora gutizwa mu ikipe ya Gasogi United nyuma y’ibiganiro Kakooze Nkuriza Charles uzwi nka KNC arimo kugirana na Perezida Uwayezu Jean Fidel.

Mbirizi Eric ntabwo birimo kuvugwa ko ashobora gutizwa muri Gasogi United gusa ahubwo n’ikipe ya AS Kigali irimo kumwifuza cyane ariko bitewe n’umubano KNC afitanye na Jean Fidel niwe urimo guhabwa amahirwe menshi yo kwegukana uyu musore.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

RIP David! Umugabo yavuye iwe agiye guhiga amaramuko y’umuryango ni uko abantu baza gutungurwa no kumubona mu cyuzi yapfuye

Byari ibyishimo bidasanzwe: Umukinnyi w’Amavubi Jacques Tuyisenge yishimiye bikomeye guhura n’umuhanzi Meddy ushobora kwirukanwa muri Amerika -IFOTO