in

Byari ibyishimo bidasanzwe: Umukinnyi w’Amavubi Jacques Tuyisenge yishimiye bikomeye guhura n’umuhanzi Meddy ushobora kwirukanwa muri Amerika -IFOTO

Byari ibyishimo bidasanzwe: Umukinnyi w’Amavubi Jacques Tuyisenge yishimiye bikomeye guhura n’umuhanzi Meddy ushobora kwirukanwa muri Amerika.

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Tuyisenge Jacques uri kubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yagaragaje ko yishimiye guhura na Ngano Medard uzwi nka Meddy.

Yagize ati :”Ni iby’agaciro guhura na Meddy”.

Ifoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo gutsindwa bamurusha KNC ari gutakambira Rayon Sports kugirango imutize umukinnyi ufite impano idasanzwe w’umunyamahanga

Inkuru y’akababaro; Ibyari ibyishimo byaje guhinduka amarira nyuma y’uko abageni n’abitabiriye ubukwe bakoze impanuka iteye ubwoba igahitana abatari bake