in

Nyabihu: Ambulance yari itwaye umubyeyi w’imyaka 16 wari ugiye kwibaruka yakoze impanuka umuganga ahita apfa

Nyabihu: Ambulance yari itwaye umubyeyi w’imyaka 16 yakoze impanuka umuganga ahita apfa.

Ibi byabereye Rambura mu karere ka Nyabihu aho imbangukiragutabara yari itwaye umubyeyi w’imyaka 16 yakoze impanuka umuganga arapfa.

Mu makuru y’ibanze yatangajwe ku rukuta rwa X kuri konti ya Oswald, iyi ambulance yari ijyanye uyu mubyeyi kwa muganga kugira ngo yibaruke.

Ibi byabaye ahagana saa tanu z’ijoro aho iyi ambulance yavaga Mukamira yerekeza ku butara bya Kabaya aho yari ijyanye uyu mubyeyi w’imyaka 16 kubyara.

Iyi modoka yari itwawe na Mugwaneza Ali w’imyaka 34 ikaba yahitanye umuganga w’imyaka 48 witwa Apollinaire Habimana w’imyaka 48.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Aba-Rayon batangiye guserebura amatsinda! Abafana ba Rayon Sports batangiye gushyushya umujyi mu gihe ikipe yabo yitegura kwesurana na Al Hilal Benghazi (Videwo)

Yari atwawe muri yombi! Kazungu Denis agejejwe ku rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro abantu baramushungera (VIDEWO)