in

Nurenza iminota 7 utera akabariro uzirengere ibizakubaho

Excited man lying on the bed and laughing with his beloved woman

Ubushakashatsi bwagaragaje ko abagabo batera akabariro inshuro nyinshi mu cyumweru baramba ugereranyije n’ababikora inshuro nke.

Ubushakashatsi Kandi bugaragaza ko iminota irindwi ihagije mu gikorwa cyo gutera akabariro hagati y’umugabo n’umugore.

Ubushakashatsi bwemeje ko ‘uko ukomeje gukora imibonano mpuzabitsina, niko ukomeza kugenda wiyumvamo imbaraga ndetse n’umutima wawe ugakomera’.

Ni byiza kandi kumva ko mu buzima gukora imibonano mpuzabitsina bifasha mu kugira ubuzima bwiza, ndetse bigatuma umusemburo wa ‘Estrogene cyangwa Testosterone’ uzamuka ukagera ku kigero cyiza. Iyo umusemburo wa Estrogen cyangwa Testosterone, uzatangira kurwara indwara zirimo n’iz’umutima.

Abahanga rero bemeza ko gutera akabariro iyo birengeje iminota 7 nabyo bitangira kuba bibi, kuburyo bishobora gutera indwara zitandukanye; kuba uwabikoze agaragaraho gutitira, guhubuka, kwangirika k’uruhu ruzengurutse igitsina gore, bikaba byanatuma ikizwi nka ‘Labia’ kikaba cyahinduka, ikabyimba’.

Abahanga bavuga ko umuntu usanzwe akora icyo gikorwa akaba akunda kumara iminota iri hejuru y’irindwi, aba yikururira ibibazo birimo ‘Gupfa vuba’ (Early Death).

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biravugwa ko hagati ya M Irene na Fata Kumavuta umwe muri bo ashobora kwerekeza kuri televiziyo ikomeye hano mu Rwanda.

Breaking news: Ikipe ya APR FC ibonye undi mutoza mushya, Adil ibye birarangiye