in

Ntawe uzongera kugukomangira ngo ashaka amafaranga y’umutekano! Itangazo ryigenzi rigenewe buri muntu wese utuye mu mujyi wa Kigali

Guhera kuri uyu wa Mbere tariki ya 01 Mata 2024, haratangira gukoreshwa uburyo bushya mu kwishyura umusanzu w’Umutekano (Irondo ry’Umwuga) hose mu Mujyi wa Kigali.

Kwishyura uyu musanzu ubu birakorwa gusa ukoresheje telephone igendanwa. Kanda *152# ukurikize amabwiriza. Umuturage azajya abyikorera kuri telephone ye.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyari ibyishimo byahindutse amarira kuri Rwatubyaye Abdul aho yagiye mu mahanga

Ikipe ikinamo Yannick Mukunzi na Byiringiro Lague yatangiye Shampiyona inyagirwa imvura y’ibitego bituma ihita ijya ku mwanya wa nyuma