in

“Ntabwo nzigera mbaha imbabazi”-Ibyo ababyeyi be bakoze biteye agahinda

Rukundo jean d’amour w’imyaka 29 yavutse ari umwana muzima nk’abandi gusa ku myaka 5 yahuye n’ikibazo cy’ababyeyi babi birangira amugaye kugeza ubu.

Ku myaka 5 nyirarume yaje kuba iwabo azanye n’umugore gusa ntibyatinze Se wa jean d’amour yaje gutera inda wa mugore wa nyirarume birangira abaye mukase .

Yakomeje kubana na nyina na mukase gusa hashize igihe Se umubyara na nyirarume baje kwitaba Imana maze mukase atangira kujya azana abagabo iwabo mu rugo.

Umunsi umwe mukase yacunze nyina wa Jean d’amour agiye ku isoko maze azana ibyatsi kugeza nanubu bataramenya ibyaribyo maze abimusiga umubiri wose nibwo nyina yatashye asanga umwana ari kuribwa umubiri wose. kuva icyo gihe Jean d’amour yabaye ikimuga ndetse ntabwo abasha guhaguruka nkuko byahoze mbere.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mutesi Jolly yahuje urugwiro n’umubyeyi wamubonye akamwikundira (video)

Inkuru itari nziza ku muhanzikazi Madonna nyuma yo kwifotoza ari mu bwiherero