in

“Nta sake yo mu cyaro ibikira mu mujyi” Perezida wa Gasogi United, KNC yatangaje amagambo aremereye nyuma yo gutsinda ikipe iyoboye shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda

KNC yatangaje amagambo aremereye nyuma yo gutsinda ikipe iyoboye shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda.

Kakooza Nkuriza Charles wamenyekanye nka KNC, yishongoye kuri Musanze FC nyuma yo kuyitsinda.

Ku munsi w’ejo hashize nibwo ikipe ya Gasogi United yatsindaga Musanze FC iyoboye urutonde rwa shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda.

Nyuma y’umukino, umuyobozi wa Gasogi United, KNC yabwiye itangazamakuru ko nta gihe Musanze yigeze itsindira Gasogi United mu mujyi wa Kigali.

Avuga ko n’igihe yabatsinze, yabatsindiye i Musanze ku cyibuga cyabo.

Yongeye kandi kwibutsa abanya-musanze ko nta sake yo mu cyaro ibikira mu mujyi.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nonaha : Amakuru agezweho kuri Apotre Yongwe ushinjwa kurya amaturo y’abakristo abizeza ibitangaza

Umusore witwaga Moise wabyawe n’umunyarwandakazi akaza kumuta mu muferege w’amazi saa tanu z’ijoro yisanze muri Amerika ku myaka 4 none aza mu Rwanda aje kubaka amashuri no gufasha