in ,

Noopja yagaye ibyamamare bitigeze byifatanya n’abanyarwanda muri ibi bihe byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

 

Rwiyemeza mirimo akaba n’umuhanzi Noopja agaya cyane abahanzi batigeze bifatanya n’abanyarwanda ndetse n’u Rwanda muri ibi bihe byo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.

Noopja ufite inzu itunganya umuziki ya County records wamenyekanye cyane ubwo yakoreragamo umusore utunganya imiziki uzwi cyane nka Element abinyujije kuri Twitter ye Noopja yagaye abasitari usanga ku mbuga nkoranyambaga babiciye ariko mu gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi batigeze bifatanya n’abanyarwanda.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Cristiano akomeje kuba akabaye icwende: Ronaldo yirukanishije umutoza wa Al Nasr kubera kutumvikana na we

Teta Sandra bivugwa ko yari yarahukanye na none kubera inkoni za Weasel, yagarutse mu rugo nyuma y’ukwezi arutaye