in

Noneho bamuhaze! Ronaldo ibitekerezo byamubanye byinshi yibaza aho ari bwerekeze kubera ibyo yabwiwe n’umutoza

Ronaldo aherutse gusinya amasezerano y’imyaka 2 akinira ikipe ya Al-Nassr ikina icyiciro cya mbere muri shampiyona ya Saudi Arabia.

Garcia utoza ikipe ya Al-Nassr, yatangaje ko Cristiano Ronaldo ashobora kuzasubira gukina i Burayi ubwo amasezerano ye azaba arangiye.

Uyu mugabo w’imyaka 37, amasezerano yasinye amwemerera kuba umukinnyi uhembwa amafaranga menshi mu mupira w’amaguru ku Isi.

Rudi Garcia umaze gutoza uyu mukinnyi imikino ibiri gusa ya shampiyona, yatangaje ko Ronaldo imbaraga afite zimwemerera kuzasubira i Burayi gukinayo kandi mu makipe akomeye.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu mushya w’ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kugera mu Rwanda yemeje bidasubirwaho ikintu agiye gufasha iyi kipe yabonye imaze igihe yarabuze

Umurambo wa Adriana Davidson w’imyaka 15 wari waburiwe irengero wabonetse