in

“Njyewe KNC manitse amaboko ibirayi mbivuyeho” Umunyamakuru KNC yavuye ku birayi ku mugaragaro nyuma yo kubona ikilo kigeze 1500 Rwf

“Njyewe KNC manitse amaboko ibirayi mbivuyeho” Umunyamakuru KNC yavuye ku birayi ku mugaragaro nyuma yo kubona ikilo kigeze 1500 Rwf.

Mu kiganiro Rirarashe, Umunyamakuru Kakooza Nkuriza Charles wamenyekanye nka KNC yatangaje ko avuye ku birayi.

Kubera guhenda kw’ibirayi, yavuze ko abivuyeho kumugaragaro.

Akomeza avuga ko agiye kujya kuri kawunga kuko ariyo iciriritse.

KNC yasabye kandi umugi kubaha imbuto z’ibirayi bakajya babitera mu busitani.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Habereye impanuka ikomeye aho bus yari itwaye abantu yagonganye n’ikamyo 20 bagahitamo bahasiga ubuzima rugikubita

Kapiteni wa APR FC Ombarenga Fitina yanze kwizeza abanyarwanda ibisa nko kujya mu ijuru udapfuye