in

Niyo naba ndwaye Sida ikizwa n’umwenda wa Rayon Sports nakwemera nkimfira – umuhezanguni wa APR FC Kalisa Bruno Taifa yakwemera agapfa aho kwambara umwenda wa Rayon Sports

Niyo naba ndwaye Sida ikizwa n’umwenda wa Rayon Sports nakwemera nkimfira – umuhezanguni wa APR FC Kalisa Bruno Taifa yakwemera agapfa aho kwambara umwenda wa Rayon Sports.

Bruno Taifa wahoze ari Umunyamakuru wa Siporo akaza kwimukira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, uzwiho gufana APR FC cyane yatangaje ko nta mpamvu n’imwe yatuma yambara umwenda wa Rayon Sports kabone n’iyo yaba irimo umuti wa SIDA aramutse ayirwaye.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
M j
M j
11 months ago

Wowe ubwo nibwo bwenge buke bwawe.

Niyo Bosco yasinye andi masezerano ku nshuro ya gatatu

Rutahizamu wa APR FC waje uririmbwa, yavuze amagambo atarimo icyizere mbere y’uko bajya gusura Pyramids