in

Niyo Bosco yasinye andi masezerano ku nshuro ya gatatu

Umuhanzi Nyarwanda Niyo Bosco uri mu bafite impano idasanzwe, nyuma yo gutandukana na Sunday Entertainment adakozeyo indirimbo n’imwe yasinye muri Metro Afro isanzwe ibarizwamo Confy na Okkama.

Niyo Bosco yabihamije binyuze kuri Instagram ye, aho hariho amagambo avuga ko urugendo rwe rwakomereje muri iyi nzu ifasha abahanzi.

Ibirori byo kumwakirira, byitabiriwe n’abarimo Kivumbi King, Confy n’abandi.

Ni inzu ya gatatu asinyemo nyuma ya MIE Empire ya Irene Mulindahabi na Sunday Entertainment atakoreyemo indirimbo n’imwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bamwe yagiye abica abatetse mu isafuriya! Imbumbe y’ibyaha byakoranywe ubugome bigakorwa na Kazungu Denis

Niyo naba ndwaye Sida ikizwa n’umwenda wa Rayon Sports nakwemera nkimfira – umuhezanguni wa APR FC Kalisa Bruno Taifa yakwemera agapfa aho kwambara umwenda wa Rayon Sports