in

“Niwe ukuze ku isi yose” Mu Rwanda niho hari umusaza ukuze ku isi yose, yavutse mu 1900, uyu musaza yavuze ibintu bihamya neza ko aribwo yavutse – videwo

“Niwe ukuze ku isi yose” Mu Rwanda niho hari umusaza ukuze ku isi yose, yavutse mu 1900, uyu musaza yavuze ibintu bihamya neza ko aribwo yavutse – videwo

Mu karere ka Nyamagabe kuri ubu niho hari kubarizwa umusaza ukuze mu Rwanda, uyu musaza yavutse mu mwaka wa 1900, ubu afite imyaka 123.

Ugendeye ku makuru menshi y’ubushakashatsi ndetse n’ayibinyamakuru bitandukanye ubona ko uyu musaza ariwe ukuze ku isi yose.

Uyu musaza avuga ko mu bo bavukana hasigaye umwe ndetse ko abo bakuranye bose bapfuye. – Videwo

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biratangaje: Abagore bagenda mu muhanda bikoreye ikibumbano cy’ubugabo bagitakagiza kubera ibintu bubakorera mu buriri

Ibihano biragwira! Abagabo birirwa batonganya abagore babo ngo bagenda gake nabo bahawe igihano cyo kwambara nshinga munono gusa ibyabayeho ni ibitangaza – videwo