in

Nibwo butunzi bwe! Ariel Wayz yavuze igice cye cy’ibanga ku mubiri we akunda cyane kurusha ibindi gusa abantu baje gusanga barigeze kucyibonaho rimwe

Nibwo butunzi bwe! Ariel Wayz yavuze igice cye cy’ibanga ku mubiri we akunda cyane kurusha ibindi gusa abantu baje gusanga barigeze kucyibonaho rimwe.

Umuhanzikazi Ariel Wayz umaze kubaka izina muri Muzika Nyarwanda, kuri ubu akaba aryohewe n’ubuzima muri Kenya, yahaye rugari abafana be bamubaza n’akari i Murori.

Ariel Wayz, yagaragaje ko akunda cyane abafana be by’umwihariko ubwo yabahaga umwanya wo kumubaza ibibazo yise ‘Spicy Questions’ gusa.

Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru tariki 24 Nzeri 2023 nibwo Ariel Wayz yagize ati:” Spicy Questions only , let’s go”.Aha byari bisa n’aho abahaye umwanya wo gutangira kumubaza.

90/100 by’ibibazo byabajijwe Ariel Wayz ,byose byagarukaga kuri Juno Kizigenza ndetse no kubyo kuba afite undi mukunzi yamusimbuje, umubare w’abagore bakundanye ndetse n’abandi bamubwira ko bamukunda.

Umwe mubamubajije yagize ati:” Ni ikihe gice cy’umubiri wawe ukunda ?”. Ariel Wayz adaciye kuruhande yagize ati:” Nkunda amabere yanjye”.[ I love my boobs].

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uyu musore ko atwika! Umusore wabenzwe na Sheilah Gashumba yacunze uyu mukobwa ari kumwe n’umukunzi we mushya ni uko maze amukubita icupa umunwa arawuca ubundi ahita atega moto arahunga

Inzozi z’umutoza wa Rayon Sports ni ukwegukana igikombe cya CAF Confederation Cup 2023-2024