in

N’ibikombe agiye kubimanika! Kizigenza Lionel Messi yaraye afashije ikipe ye gutangira gukoza imitwe y’intoki ku gikombe

N’ibikombe agiye kubimanika! Kizigenza Lionel Messi yaraye afashije ikipe ye gutangira gukoza imitwe y’intoki ku gikombe.

Inter Miami ya Lionel Messi yageze ku mukino wa League Cup nyuma yo kunyagira Philadelphia Union.

Inter Miami yamaze kubona itike yo kuzakina Concacaf Champions Cup 2024 ubwo batsindaga Philadelphia Union.

Nyuma yo gutsinda Philadelphia Union bahise bagera ku mukino wa nyuma aho bazakina na Nashville.

Mu ijoro ryakeye nibwo Philadelphia Union yangirwa ibitego 4 kuri 1 na Inter Miami.

Abatsindiye Inter Miami ni Martinez, Lionel Messi, Alba na Ochoa.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ayo ni amashagaga uhorana sha! KNC yongeye kwikomanga mu gatuza agenera ubutumwa perezida wa Rayon Sport

“Ari kuvuna umuheha akiyongeza undi”: Lionel Messi yaraye yongeye kwandika amateka bigoranye ko hazaboneka undi mukinnyi ugerageza kuyagwa mu ntege