in

“Ngukunda kurusha uko ubizi mugore muto” Meddy yafashe umwanya atakagiza mushiki we ku munsi w’amavuko

Umuhanzi Ngabo Meddy yafashe umwanya yifuriza mushiki we isabukuru nziza y’amavuko abinyujije mu magambo Ari mu ndirimbo ye yise Grateful.

Meddy yifuriza Ange isabukuru agira ati: ”Umunsi mwiza w’amavuko Ange! Wanyuze mu muriro, ugenda mu mvura, ariko reba uracyakomeye ndetse kurusha mbere. Komeza ukure mwuka no mu buzima busanzwe.”

Uyu muhanzi ahamiriza mushiki we ko amukunda by’akataboneka ndetse birenze uko we abizi ati: ”Nta kintu na kimwe cyagutsinda ndagukunda cyane Ange. Ndagukunda kurusha uko ubizi mugore muto.”

Meddy avuka mu muryango w’abana batatu barimo Christian ari na we mukuru, agakurikiraho, hagakurikiraho mushiki wabo muto witwa Ange.

 Bose bavukana kuri se Sindayihebura Alphonse na nyina Cyabukombe Alphonsine umubyeyi bari basigaranye witabye Imana kuwa 14 Kanama 2022.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije umukinnyi wari utegerejwe n’abenshi

Shaddy Boo yakoze igikorwa cy’ubutwari nyuma y’inkuru imaze iminsi y’abana 2 basigaye mu nzu bonyine kubera ko Mama wabo yafunzwe azira amafaranga 1,000Frw

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO