in

Ndizeye Samuel ukinira ikipe ya Police FC yahagaritswe amezi atandatu atagaragara mu bikorwa by’umupira w’amaguru mu Rwanda

Myugariro w’ikipe ya Police FC, Ndizeye Samuel yahagaritswe amezi atandatu atagaragara mu bikorwa by’umupira w’amaguru mu Rwanda, kubera gusagarira umusifuzi ubwo Police FC  yatsindwaga na Sunrise FC ibitego 2-1 i Nyagatare, tariki 14 Mutarama 2024.

FERWAFA yamumenyesheje ko yemerewe kujuririra iki cyemezo mu gihe cyagenwe n’amategeko.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kazungu Denis yasabye imbabazi abikuye k’umutima bituma ariza benshi

Umwana wa Kazungu ashyirwe kure y’itangaza makuru ibyaha bya Se bitazamugaruka