in

“Nashoye ubwenge” Ubwiza bw’inzu ya Papa Sava yujuje mu mugi wa Kigali bwatumye agira inama abantu birirwa bavuga ko yakize

Ubwiza bw’inzu ya Papa Sava bwatumye agira inama abantu birirwa bavuga ko yakize.

Mu kiganiro na Chita wari wamusimuye, Papa Sava yagiriye inama abirirwa bavuga ko yamaze gukira.

Ubwo Chita yamusura i Jali, Papa Sava yamubwiye ko kugira ngo agere aho yageze bisaba gukora cyane.

Akomeza avuga ko yashoye ubwenge bwe ko nabo bagerageza.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ni umupagani wahejeje! Rutahizamu Byiringiro Lague n’umugore we bamennye ibanga rituma urugo rukomera

“Umwami w’igishegu” Junior Rumaga yashyize hanze igisigo yise ‘Igisabisho’ yakoranye na Saranda maze bamwe batangira kuvuga ko ari igishegu (AMAFOTO na VIDEWO)