in

“Umwami w’igishegu” Junior Rumaga yashyize hanze igisigo yise ‘Igisabisho’ yakoranye na Saranda maze bamwe batangira kuvuga ko ari igishegu (AMAFOTO na VIDEWO)

Umusizi, Junior Rumaga umaze kuba icyamamare mu myidagaduro nyarwanda, yashyize hanze igisigo yise ‘Igisabisho’ yakoranye na Saranda, gusa hari bamwe bahise bavuga ko ari igishegu gikoranye ubwenge.

Umunyamakuru kuri YouTube, DC Clement, yavuze ko Rumaga ari umwami w’igishegu mu bwami bw’Abashegu kubera iki gisigo, gusa yanavuze ko gikoranye ubuhanga.

Iki gisigo, Junior Rumaga yagikoranye n’umukobwa w’ikizungerezi usanzwe uzwi muri sinema nyarwanda uzwi nka Saranda.

Reba video aho hasi:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Nashoye ubwenge” Ubwiza bw’inzu ya Papa Sava yujuje mu mugi wa Kigali bwatumye agira inama abantu birirwa bavuga ko yakize

Ese uzi imyaka u Rwanda rumaze rubonye ubwigenge? Menya byinshi kuri uyu munsi mukuru w’ubwigenge bw’u Rwanda