in

“Narabiboneye kuri St Famille, ubashyize mu gaseke ugapfundikira umutemeri ntiwanyeganyega” Mutesi Scovia atewe impungenge n’ubugufi bw’abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi [videwo]

“Narabiboneye kuri St Famille, ubashyize mu gaseke ugapfundikira umutemeri ntiwanyeganyega” Mutesi Scovia atewe impungenge n’ubugufi bw’abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi.

Umunyamakuru Mutesi Scovia atewe impungenge n’igihagararo cy’abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi.

Mu kiganiro cya mu gitondo cyo kuri BB Fm, Scovia yavuze ko abakinnyi b’Amavubi nta gihagararo gihagije bafite aho yatanze urugero rw’ubashyize mu gaseke batakwikuramo.

Asaba ko bashaka abakinnyi b’igihagararo gihagije kandi bakanganye.

VIDEWO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Hari ubwo bazaga ari babiri, gusa hari uwo nishyuje afashe ikote rye hahita havamo icyuma” wa mugore waryamanaga n’abagabo 10 yavuze uko yabigenzaga iyo abagabo babiri bazanaga

Madederi wo muri filime ya Papa Sava yavuze uburyo yanyaye mu ishuri maze Gerard Mbabazi bari kumwe araseka imbavu ziramurya – VIDEWO