in

“nanze uyu mugabo nyuma ndicuza” abageni bato mu Rwanda

Umusore witwa Gatete Izabayo Jirbert uherutse gukora ubukwe na Uwera Daice Sabrina, ubu bukwe bwavugishije abatari bacye bitewe n’imyaka Gatete na Sabrina bafite.

Gatete Izabayo Jirbert ubusanzwe avuka mu karere ka Muhanga akaba afite imyaka 25 y’amavuko yashakanye na Uwera Daice Sabrina uvuka i Tumba mu karere ka Rurindo ejobundi mu kwezi kwa Nyakanga nibwo yujuje imyaka 23 y’amavuko.

Uyu muryango ubanye neza aho batuye ubu ni mu karere ka Musanze dore ko bacyiri mu kwezi kwa bucyi urukundo ruracyari rwose.

Ubukwe bwabo bwavugishije abantu benshi bavuga ko bakiri bato bagakwiye gutegereza, ariko bo ibyo babyimye amatwi dore ko mu mategeko yu Rwanda bemerewe gusezerana.

Mu cyiganiro bagiranye na Isimbi Tv Sabrina yavuze ko yagiye ababaza umugabo we Gatete ariko akamusaba imbabazi gusa yongeye asaba imbabazi Gatete imbere ya Camela maze amubwira ko imbabazi yazimuhaye cyera.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Haruna Niyonzima yasabye abanyarwanda ikintu gikomeye cyane

Umutoza wa Chelsea yatangaje amagambo akomeye kuri Cristiano Ronaldo