in

Nagirango niture Mama ibyo yankoreye; Hakim Sahabo yahishuye impamvu yahisemo gukinira Amavubi aho gukinira u Bubirigi

umusore ukiri muto w’imyaka 18  Hakim Sahabo ukina hagati mu kibuga ubwo yaganiraga n’umuyoboro wa youtube w’ikipe ye akinira ya Standard de Liège ikina icyiciro cyambere mu gihugu cy,u Bubirigi iri ku mwanya wa 11 n’amanota 27 avuga ku mpamvu yahisemo gukinira ikipe y’igihugu Mama we akomokamo aricyo u Rwanda.

 

Yavuze ko kwari ukugirango yiture Mama we wakoze ibishoboka byose ngo abe uwo ariwe uyu munsi.

Yagize  Ati “Ni iby’agaciro, ubona abaturage benshi bakuri inyuma. Ntekereza ko bigutera imbaraga zo gukomeza guhagararira iki gihugu no kugiha byose. Kuri njye, narabikunze. Nakinnye amajonjora ya CAN, mperuka gukina ayo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi. Nzashimishwa no kubakinira indi mikino.”

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

RIB yatangaje ibihano bizajya bifatirwa abazajya bazana urwenya mu gihe bari gusezerana ku ibendera ry’igihugu

I Manchester hagiye kuba amavugurura ashobora no gusiga Eric Ten Hag yeretswe umuryango usohoka