in

RIB yatangaje ibihano bizajya bifatirwa abazajya bazana urwenya mu gihe bari gusezerana ku ibendera ry’igihugu

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko umuntu uzajya ajya kurahirira mu gihe ari gusezerana akavuga amagambo atariyo agamije gutebya aba ari gukora ibigize icyaha cyatuma afungwa imyaka ibiri.

Ibi Umuvugizi wa RIB Dr Murangira B.Thierry yabitangarije kuri Televiziyo y’u Rwanda aho yemeje ko guterera urwenya ku ibendera ry’igihugu icyaha gikomeye

Yavuze ko ibi bishobora gutuma ubikoze afungwa imyaka ibiri.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Argentina yamaze kwemeza umukino ifitanye na Nigeria

Nagirango niture Mama ibyo yankoreye; Hakim Sahabo yahishuye impamvu yahisemo gukinira Amavubi aho gukinira u Bubirigi